Author: admin
-
INSHAMAKE Y’IBARUWA YA GISHUMBA DILEXI TE YA NYIRUBUTUNGANE PAPA LÉON XIV, KU RUKUNDO DUKUNDA ABAKENE
Dilexi te, Naragukunze, ni amagambo dusanga mu gitabo cy’Ibyahishuwe 3,9. Mu isi ya none hari abiyita ab’Imana ariko ibikorwa byabo bikababeshyuza. Imana yivugira ko abayikunda babigaragaza mu bikorwa ; si amagambo...
-
Ihuriro ry’abakozi gatolika rya Paruwasi Kanaba bakoreye urugendo nyobokamana ku Ngoro ya Bikira Mariya Umwamikazi wa Fatima
Kuwa 18/10/2025 i saa moya za mu gitondo (7:00 am) itsinda ry’abakozi gatolika ba Paruwasi ya Kanaba bahagarutse kuri Paruwasi baherekejwe na Omoniye wabo Padiri Bertin IRABAZI bakora urugendo nyobokamana...
-
Umwiherero w’Inshuti za Bikira Mariya Umwamikazi wa Fatima/Ruhengeri n’urugendo nyobokamana rw’ihuriro “Urugwiro” ry’abari n’abategarugori ba Diyosezi Ruhengeri,ku Ngoro ya Bikira Mariya Umwamikazi wa Fatima.
Ku wa gatandatu tariki ya 04/10/2025 IHURIRO “INSHUTI ZA BIKIRA MARIYA UMWAMIKAZI WA FATIMA” (FRATERNITE NOTRE DAME DE FATIMA ) bakoze umwiherero mu rwego rwo kwitegura guhimbaza umunsi mukuru w’isozwa...
-
Twizihije umunsi mukuru wa Bikira Mariya Umubyeyi wababaye
Kuwa 15 Nzeri buri mwaka, Kiliziya y’isi yose yizihiza umunsi mukuru wa Bikira Mariya Umubyeyi wababaye. Ni umunsi wizihijwe no ku Ngoro ya Bikira Mariya Mwamikazi wa Fatima/Ruhengeri. Photo ;...
-
Gutangiza umwaka mushya w’ikenurabushyo muri Diocese ya Ruhengeri
Kuwa 10 Nzeri 2025 ,Nyiricyubahiro Musenyeri Visenti HAROLIMANA Umushumba wa Diyosezi ya RUHENGERI yatangije ku mugaragaro Umwaka w’IKENURABUSHYO ndetse n’Umwaka w’UBUREZI 2025-2026. Ni umuhango wabereye mu Gitambo cy’Ukaristiya cyaturiwe muri...
-
Forum: Umunsi wa gatatu, kuwa gatanu le 29/ o8/ 2025. Misa Ntagatifu
Igitambo cy’ukaristiya cyatuwe na Padiri Thadee ushinzwe ikenurabushyo ry’urubyiruko muri Arkidiyosei ya Kigali. INYIGISHO YA PADIRI Thadee NDAYISHIMIYE, Ushinzwe ikenurabushyo ry’urubyiruko muri arikidiyosezi wa Kigali. Mugutangira inyigisho ye yatubwiye ko...
-
Umusi wa mbere, kuwa kane le 28/08/ 2025. Igikorwa cyo guhererekanya wa Forum ya Diyosezi
Nkuko byari bisanzwe ko Paruwasi yakira forum ya Diyosezi ihabwa umusaraba wa forum na paruwasi yabereyemo forum ubushize, iki gikorwa cyabaye hagati ya paruwasi ya Nyakinama na paruwasi ya Gahunga...
-
Myr Visenti HAROLIMANA yahaye umugisha anafungura ku mugaragaro Shapeli n’inzu y’imyiherero ya Oeuvre de l’ Eglise
Ku wa gatandatu tariki ya 23/08/2025 Nyiricyubahiro Musenyeri Visenti HAROLIMANA Umushumba wa Diyosezi ya Ruhengeri yayoboye Igitambo cya Misa cyaturiwe mu rugo rushya rw’iyogezabutumwa rya Oeuvre de l’Eglise rwitiriwe Bikira...
-
Kuzirikana ku Mutima Mutagatifu wa Yezu ni ukuzirikana ku Rukundo rw’Imana
Intangiriro Bavandimwe, turahimbaza umunsi mukuru w’Umutima Mutagatifu wa Yezu. Ubuyoke k’Umutima Mutagatifu wa Yezu, bushingiye ku rukundo rwa Yezu rutagereranywa. Abakristu ba mbere bakundaga kurangamira urubavu rwa Yezu rwatikuwe icumu,...
-
Abanyeshuri bo mu ishuri ryisumbuye rya Karuganda ryitiriwe Mutagatifu Yozefu bakoreye urugendo nyobokamana ku Ngoro ya Bikira Mariya Umwamikazi wa Fatima/Ruhengeri
Kuwa gatanu, le 06/06/2025 abanyeshuri bo mu Ishuri ryisumbuye rya KARUGANDA ryitiriwe Mutagatifu Yozefu, riherereye muri Paruwase ya Nemba ,Diyosezi ya Ruhengeri biga mu mwaka wa Gatatu n’uwa Gatandatu bakoze...