Izindi nkuru
-
Mutagatifu Yohani Pawulo II amaze imyaka 100 avutse
Mutagatifu Yohani Pawulo II, ubusanzwe izina rye rikaba Karol Josef Wojtyla, yavutse tariki ya 18 Gicurasi 1920, avukira i Vadovisi mu gihugu cya Polonye (Pologne) ni ku mugabane w`u Burayi....
-
Amwe mu magambo twibukiraho Mutagatifu Papa Yohani Pawulo wa Kabiri
Karoli Yozefu Woyitila (Karol Jozef Wojtyla) Yavukiye i Vadovisi, mu mujyi muto wo mu gihugu cya Polonye ku itariki 18 Gicurasi 1920. Yabaye umusaseridoti ku wa 1 Ugushyingo 1946, aba...
-
Umunsi mukuru wa Bikira Mariya Umwamikazi wa Fatima 13/05/2020
Bakristu bavandimwe, Kuri uyu munsi tariki ya 13/05/ 2020 Kiliziya irahimbaza umunsi mukuru wa Bikira Mariya Umwamikazi wa Fatima. Ubusanzwe twahuriraga ku Ngoro ya Bikira Mariya Umwamikazi wa Fatima mu...
-
Twiteguye kwakira ingabire za Roho Mutagatifu
Ku munsi mukuru wa Pentekosti duhimbaza, umunsi mukuru wa Roho Mutagatifu amanukira ku Ntumwa nkuko Yezu yari yarabibasezeranyije. Yezu ati: “Ibyo mbibabwiye nkiri kumwe namwe, ariko Umuvugizi Roho Mutagatifu, Data...
-
Ihuriro Mpuzamahanga ry’Abanyeshuli Gatolika MIEC rigiye kwakira inama mpuzamahanga
Mu ntangiriro z’uyu mwaka w’amashuli ya Kaminuza mu Rwanda, Ihuriro Mpuzamahanga ry’Abanyeshuli Gatolika (MIEC Pax Romana Rwanda) ryiteguye kwakira inama y’abanyeshuli gatolika bo mu bihugu byo mu Burasirazuba bwa Afurika....
-
Padiri Gilbert, iminsi ibaye mirongo ine tuguherekeje. Umunota ku wundi turakuzirikana
Umunota ku wundi, njyewe Padiri Dieudonné Maniraguha ndibuka uburyo umuvandimwe Padiri Gilbert TWAHIRWA yatuvuyemo agasanga Nyiribiremwa, cyane ko namubaye hafi mu masaha ye ya nyuma. Ubusanzwe twari tumuzi nk’umuntu ufite...
-
“Wandamburiyeho ibiganza mba Padiri” Padiri Athanase arasezera ku Mubyeyi n’Umushumba we
“Naho njyewe dore maze kumera nk’igitambo giseswa, uwo ni Pawulo mutagatifu wabwiraga Tomote, n’amagingo y’ukwigendera kwanjye aregereje, urugamba rwiza narurwanye inkundura, intera nagombaga kwiruka narayirangije, ukwemera nagukomeyeho. None dore ikamba...
-
Musenyeri Yohani Damaseni yadusigiye umurage mwiza. Umwepiskopi wa Diyosezi ya Ruhengeri arabihamya
Ku itariki ya 16 Werurwe 2018 nibwo Kilkiziya y’u Rwanda yifatanyaga na Diyosezi ya Cyangugu mu gushyingura umwepiskopi wabo, Musenyeri Yohani Damaseni Bimenyimana. Turabagezaho ubuhamya bwa Nyiricyubahiro Musenyeri Visenti HARORIMANA...
-
Urugero m’Ubwiyunge: Musenyeri Yohani Damaseni yabaye intwari aho rukomeye
Mu ishyingurwa rya Musenyeri Yohani Damaseni Bimenyimana, Musenyeri Visenti Harorimana Umwepiskopi wa Diyosezi ya Ruhengeri yatanze ubuhamya bw’imibereho ye abakristu twafatiraho urugero muri uyu mwaka w’ubwiyunge muri Kiliziya y’u Rwanda....
-
Agasozi k’inzira y’umusaraba ka Kibeho katubikiye byinshi bituremereye
Mu rugendo nyobokamana rw’abakristu ba Diyosezi ya Ruhengeri i Kibeho ku wa 10/03/2018, abakristu bari bateganyije igihe cyo kwifatanya na Yezu wababaye akiza isi. Wari n’umwanya ukomeye wo gukorana urugendo...